Hari igihe abantu batekereza ko iyo umuntu amaze kuba umuherwe, afite amaduka, amaresitora, imodoka nyinshi cyangwa amazu hirya no hino, aba arangije ibibazo byose by’ubuzima. Abenshi batekereza ko amafaranga ari wo muti w’ibibazo byose, ko umuntu wavutse ayafite cyangwa wayashoboye, ahora yishimye, afite amahoro kandi nta buzima bumugora. Ariko se, ukuri nyako ni ukuhe? Ese abacuruzi bakomeye bajya bagira ibihe bikomeye? Igisubizo ni yego.
OTHERS
Ese Abakire Baba Batagira Ibibazo? Dore Ukuri Kwihishe Inyuma y’Amafaranga




Comments
0