Kigali: hasojwe amahugurwa mu by’imari ku bakora ubucuruzi buciriritse
By Niyikora Leah •
September 13, 2025 •
2 min
You said:
Kuri uyu wa gatanu mu cyumba cy’inama cy’akarere ka Gasabo, hasojwe amahugurwa ku gucunca imari yahabwaga abacuruzi bakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse ku basaga 609 bakora ubucuruzi buciriritse mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali.
aya mahugurwa yateguwe ku bufatanye n’umujyi wa Kigali, Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro (RTB) ndetse n’umuryango utegamiye kuri leta witwa FESY-Rwanda(Friend Effort to support Youth).
Mu gihe cy’amezi abiri, abitabiriye bahawe amahugurwa ku bijyanye no gucunga imari neza, kongera ubumenyi-ngiro mu mikorere, ndetse no bahuzwa na za banki n’ibigo by’imari kugira ngo babone igishoro kibafasha kwagura ibikorwa byabo.
Abahuguwe bari babukereye basa neza mu gihe bishimiraga amasomo bahawe ku gucunga imari
intego nyamukuru ni ukubongerera ubushobozi no kubafasha gutangira imirimo mishya ku batarayibona.
uyu mushinga watewe inkunga na RTB-Rwanda, witezweho gufasha aba bacuruzi n’abafite imishinga mito n’iciriritse kugera ku rwego rwo hejuru, bikaba n’inyungu ku iterambere ry’umujyi wa Kigali n’igihugu muri rusange.
abayobozi bakaba baratangaje ko bateganya kongera umubare wabahugurwa by’umwihariko urubyiruko bikazagira uruhare mu kugabanya ubushomeri.
Abitabiriye Aya mahugurwa bahawe impamyabushobozi zishimangira ubumenyi bahawe
Ku bufatanye n’abandi bafatanyabikorwa, Umujyi wa Kigali ukomeje gushakira urubyiruko amahirwe yo kwiteza imbere
Ibigo by’Imari bitandukanye byiteguye gufatanya no guherekeza abahuguwe
Ibyishimo ni byose ku bahuguwe. make summary of 60 wards
ChatGPT said:
Amahugurwa yo gucunga imari yahabwaga abacuruzi bato n’abiciriritse 609 bo mu Mujyi wa Kigali yasojwe mu Karere ka Gasabo. Yateguwe ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali, RTB na FESY-Rwanda, agamije kongerera abacuruzi ubumenyi, kubahuza n’ibigo by’imari no guteza imbere imishinga yabo, by’umwihariko urubyiruko.