Economy

6 articles found

RURA yatangaje ibiciro bishya bya lisansi na mazutu bizatangira gukurikizwa ku wa 2 nyakanga 2025
ECONOMY

RURA yatangaje ibiciro bishya bya lisansi na mazutu bizatangira gukurikizwa ku wa 2 nyakanga 2025

RURA yatangaje ko guhera ku wa 2 Nyakanga 2025 saa kumi n’ebyiri za mu gitondo, hashyizweho ibiciro bishya ntarengwa bya lisansi na mazutu. Lisansi ntigomba kurenga 1,803 Frw kuri litiro naho mazutu ntirenze 1,757 Frw kuri litiro. Ibi biciro birimo TVA kandi byashyizweho mu rwego rwo kurinda abakiriya ingaruka z’izamuka ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga.

Bugesera abagera kuri 60 bishyuriwe mituweli n’abize ubuyobozi no guhindurira abantu kuba abigishwa ba Kristo
ECONOMY

Bugesera abagera kuri 60 bishyuriwe mituweli n’abize ubuyobozi no guhindurira abantu kuba abigishwa ba Kristo

Mu muganda wabereye mu murenge wa Ruhuha, abaturage ku bufatanye na Youth for Christ Rwanda n’Itorero Anglican, abantu 60 bishyuriwe Mituweli. Iki gikorwa kiri mu rugendo rw’ivugabutumwa rw’iminsi itatu rwibanze ku isuku, imihanda migenderano, n’ubukangurambaga bwo kwishyura ubwisungane mu kwivuza, hagamijwe guteza imbere imibereho myiza n’iyobokamana.

Ese koko ubuhinzi ni inkingi y’iterambere n’igisubizo kirambye ku bukene?
ECONOMY

Ese koko ubuhinzi ni inkingi y’iterambere n’igisubizo kirambye ku bukene?

Ubuhinzi ni inkingi ikomeye mu kurwanya ubukene no guteza imbere ubukungu, kuko bugabanya ubukene kurusha izindi nzego. Butanga akazi, bugafasha kubona indyo yuzuye kandi bugira uruhare mu kugabanya imyuka ihumanya. Ariko kubura ishoramari n’ibibazo by’ikirere n’ubukungu bidindiza umusaruro. Guhindura uko ibiribwa byerwa n’uko bikoreshwa ni ngombwa kugira ejo hazaza hizewe.

NIDA yatangaje itangira ry’igerageza ry’Indangamuntu y’ikoranabuhanga “Digital ID” nshya mu Rwanda
ECONOMY

NIDA yatangaje itangira ry’igerageza ry’Indangamuntu y’ikoranabuhanga “Digital ID” nshya mu Rwanda

NIDA yatangaje ko muri Nyakanga 2025 izatangiza igerageza ry’indangamuntu nshya ya dijitali izasimbura isanzwe. Izatangirwa umuntu avutse, ikoreshe amakuru ya biometric kandi ntigaragaze amakuru yihariye nka kigina n’imyaka. Izahabwa abaturage, impunzi n’abandi. Gutanga ku mugaragaro biteganyijwe muri Kanama 2025, hagamijwe kwihutisha serivisi, kurinda amakuru no guteza imbere ikoranabuhanga mu gihugu.

Umushinga wa Akon wo kubaka umujyi wa miliyari 6$ muri Senegal wahagaritswe
ECONOMY

Umushinga wa Akon wo kubaka umujyi wa miliyari 6$ muri Senegal wahagaritswe

Mu 2020, Akon yatangaje umushinga wa Akon City muri Senegal, ufite agaciro ka miliyari 6$, ugamije kubaka umujyi w’ikoranabuhanga n’ingufu zisubira. Gusa kugeza mu 2024, nta bikorwa bifatika byigeze bigaragara uretse inyubako nto. Leta ya Senegal yagaragaje impungenge, ivuga ko ishobora kwisubiza ubutaka kubera kubura imari, igenamigambi n’ishyirwa mu bikorwa bifatika, bituma uwo mushinga ugaragara nk’inzozi zitagezweho.

Previous
Page 2