All Articles

20 articles found

Abantu Bongeye Gusubira ku Kwezi Nyuma y’imyaka irenga 50
TECHNOLOGY

Abantu Bongeye Gusubira ku Kwezi Nyuma y’imyaka irenga 50

Ku wa 1 Mata 2026, ikigo cy’abanyamerika gishinzwe iby’ikirere, NASA, cyanditse amateka mashya gitangiza urugendo rwa Artemis II, rugamije gusubiza abantu mu rugendo rugana ku Kwezi nyuma y’igihe kirekire cyane.

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 3
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 3

Iyi episode igaruka ku madini n’imyemerere itandukanye ikomeje kugira uruhare mu mibereho y’abantu ku isi. Yerekana inkomoko y’aya madini, abayoboke bayo n’inyigisho yayo, agaragaza uburyo buri dini ryibanda ku mahame yo kubaho neza, kubahana no gushaka amahoro. Nubwo amadini atandukanye mu myemerere n’imigenzo, yose agamije gufasha umuntu gusobanukirwa ubuzima no kubana neza n’abandi.

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 2
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 2

Iyi episode igaruka ku yandi madini atandukanye akomoka cyane muri Aziya n’ahandi ku isi, igasobanura inkomoko yayo n’inyigisho zayo. Yerekana uko ayo madini ashingiye ku mahame yo kubaho mu mahoro, kubahana no kubungabunga umuco, nubwo atandukanye mu myemerere.

Nitemera ibiganiro, izahura n’ingaruka zikomeye
POLITICS

Nitemera ibiganiro, izahura n’ingaruka zikomeye

Donald Trump yongeye gusaba Iran kugirana ibiganiro n’United States bigamije guhagarika intambara, ayiburira ko kutabyemera bizayiviramo ingaruka zikomeye. Nubwo Amerika ivuga ko Iran ishaka amasezerano, Tehran yo irabihakana kandi yanenze umugambi w’amahoro wa Amerika.

HE Paul Kagame ashimangira ubumwe n’iterambere mu ba Islam
RELIGION

HE Paul Kagame ashimangira ubumwe n’iterambere mu ba Islam

HE Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rushyize imbere ubumwe n’uburinganire mu madini yose, ashimangira ko nta Munyarwanda uhezwa. Yibukije abayisilamu ko bagomba kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu no gukorera hamwe n’abandi. Yanavuze ko amategeko agenga amadini agamije kurinda abaturage no guteza imbere imiyoborere myiza. Iyi nama yagaragaje ko u Rwanda rukomeje kubaka igihugu gishingiye ku bufatanye n’ubwuzuzanye bw’abaturage bose.

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi

Iyi episode igaruka ku madini n’imyemerere itandukanye ikomeje kugira uruhare mu mibereho y’abantu ku isi. Yerekana inkomoko y’aya madini, abayoboke bayo n’inyigisho yayo, agaragaza uburyo buri dini ryibanda ku mahame yo kubaho neza, kubahana no gushaka amahoro. Nubwo amadini atandukanye mu myemerere n’imigenzo, yose agamije gufasha umuntu gusobanukirwa ubuzima no kubana neza n’abandi.

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere yabatuye isi
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere yabatuye isi

Iyi nkuru igaruka ku madini n’imyemerere bitandukanye biri ku isi, igasobanura inkomoko yabyo, aho bikunze kuboneka n’inyigisho byubakiyeho. Igaragaza uko aya madini agira uruhare mu mibereho y’abantu n’uko, nubwo atandukanye, ahurira ku gushaka ibisobanuro by’ubuzima n’intego yabwo.

Inoti zishaje zahawe amezi 12 yo kuzihindura mbere yo guta agaciro
ECONOMY

Inoti zishaje zahawe amezi 12 yo kuzihindura mbere yo guta agaciro

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko inoti zimwe (500, 1000, 2000 na 5000 Frw zasohotse mu myaka itandukanye) zizata agaciro tariki ya 1 Werurwe 2027, bityo abaturage bagasabwa kuzihinduza mbere y’iyo tariki.

Umubyeyi ubusobanuro bw’urukundo nyakuri
OTHERS

Umubyeyi ubusobanuro bw’urukundo nyakuri

Urukundo nyakuri rugaragarira cyane mu rukundo rw’umubyeyi, kuko rugaragazwa mu bikorwa aho amagambo adahagije. Umubyeyi yitanga atizigamye, ahora hafi y’umwana mu bihe byose, amurinda, amwumva kandi amuhumuriza. Uru rukundo rutangira umwana akivuka, rukubakira ku kwihangana, impuhwe n’ubwitange, rukaba inkingi y’imibereho ya muntu.

Impamvu impeta y’abashakanye yambarwa ku rutoki rwa kane rw’ikiganza cy’ibumoso
EDUCATION

Impamvu impeta y’abashakanye yambarwa ku rutoki rwa kane rw’ikiganza cy’ibumoso

Kwambara impeta y’abashakanye ku rutoki rwa kane rw’ikiganza cy’ibumoso ni umuco ufite imizi mu mateka ya kera n’imyemerere itandukanye. Watangiriye mu Misiri ya kera binyuze mu gitekerezo cya “vena amoris”, cyizeraga ko uwo rutoki ruhuzwa n’umutima, bikaba ikimenyetso cy’urukundo ruhoraho. Uyu muco wakwirakwijwe n’Abaroma n’Abagriki, nyuma wemerwa cyane mu Bukirisitu bwo mu Burayi bwo mu kinyejana cya 11 n’icya 12, aho impeta yabaye ikimenyetso cy’isezerano ryera ry’abashakanye.

Burya puwavuro ntizikora nk’ibirungo gusa
OTHERS

Burya puwavuro ntizikora nk’ibirungo gusa

Puwavuro (Bell pepper/Poivron) ni imboga zikura ku giti kigufi, zigira amabara atandukanye nk’icyatsi, umutuku n’umuhondo bitewe n’uko zakuze. Ziribwa mbisi cyangwa zitetse, zikungahaye kuri vitamin C na A bifasha umubiri n’amaso, zirimo fibre ituma igogora rikora neza kandi zongera uburyohe n’impumuro mu mafunguro.

Indimi 5 zivugwa cyane ku Isi
HEALTH & FITNESS

Indimi 5 zivugwa cyane ku Isi

Isi ifite indimi zirenga 7,000, ariko hari izivugwa cyane ku isi. Indimi 5 zikomeye cyane, hashingiwe ku mubare w’abazivuga, ni izi: Icyongereza (English): gikoreshwa n’abasaga miliyari 1.5, kikaba ururimi mpuzamahanga mu bucuruzi, siyansi, ikoranabuhanga n’itangazamakuru. Igishinwa (Mandarin Chinese): kivugwa n’abasaga miliyari 1.1, cyane mu Bushinwa, Taiwan na Singapore. Igihinde (Hindi): kivugwa n’abantu barenga miliyoni 600, cyane mu Buhinde na Nepal. Icyesipanyolo (Spanish): kivugwa n’abasaga miliyoni 500, cyane muri Amerika y’Epfo, Amerika yo Hagati

Sultan Kösen: Inkuru y’umuntu muremure kurusha abandi ku isi
HEALTH & FITNESS

Sultan Kösen: Inkuru y’umuntu muremure kurusha abandi ku isi

Sultan Kösen wo muri Turukiya azwi nk’umuntu muremure ku isi, afite metero 2.51 z’uburebure, kubera indwara ya gigantism. Uburebure bwe bwamuhaye icyamamare ariko bwamuteje ibibazo mu buzima bwa buri munsi nko kubona imyambaro, inkweto cyangwa intebe zimukwiriye. N’ubwo ahura n’imbogamizi, ahora yishimye, akunze gusetsa no gukina, akakira imiterere ye idasanzwe kandi agatanga ibyishimo ku bandi. Inkuru ye itwigisha ko umuntu ashobora kugira impano cyangwa imiterere idasanzwe, akayibyaza umunezero n’icyizere, n’ubwo atabaho mu buzima bworoshye.

Page 1
Next