Education

20 articles found

Impamvu impeta y’abashakanye yambarwa ku rutoki rwa kane rw’ikiganza cy’ibumoso
EDUCATION

Impamvu impeta y’abashakanye yambarwa ku rutoki rwa kane rw’ikiganza cy’ibumoso

Kwambara impeta y’abashakanye ku rutoki rwa kane rw’ikiganza cy’ibumoso ni umuco ufite imizi mu mateka ya kera n’imyemerere itandukanye. Watangiriye mu Misiri ya kera binyuze mu gitekerezo cya “vena amoris”, cyizeraga ko uwo rutoki ruhuzwa n’umutima, bikaba ikimenyetso cy’urukundo ruhoraho. Uyu muco wakwirakwijwe n’Abaroma n’Abagriki, nyuma wemerwa cyane mu Bukirisitu bwo mu Burayi bwo mu kinyejana cya 11 n’icya 12, aho impeta yabaye ikimenyetso cy’isezerano ryera ry’abashakanye.

Guhuza ibyo abanyeshuri biga n’ibikenewe kw'isoko ry'umurimo
EDUCATION

Guhuza ibyo abanyeshuri biga n’ibikenewe kw'isoko ry'umurimo

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo hamwe na Minisiteri y’uburezi bateraniye mu nama igamije guhuza ubumenyi butangwa n’amashuri n’ibisabwa ku isoko ry’umurimo. Inama yibanze ku kureba aho isoko rihagaze no gutegura abanyeshuri barangiza amasomo bashobore guhangana n’ibyo basabwa, hagamijwe ko amashuri bigisha ubumenyi bukenewe mu kazi.

Itangazo ryerekeye ingendo mugihe cy’iminsi mikuru
EDUCATION

Itangazo ryerekeye ingendo mugihe cy’iminsi mikuru

Umujyi wa Kigali uramenyesha abagenzi bose ko, mu rwego rwo kuborohereza ingendo mu minsi mikuru isoza umwaka n’itangira uwushya, hateganyijwe gahunda yihariye yo gutwara abagenzi.

Sobanukirwa uko wakorora inkoko zitanga amagi
EDUCATION

Sobanukirwa uko wakorora inkoko zitanga amagi

Ubworozi bw’inkoko zitera amagi bukomeje kwitabirwa kubera umusaruro mwinshi n’uko zororoka vuba. Dr Mberabagabo Etienne avuga ko umworozi agomba gutegura neza ingengo y’imari, aho igice kinini kigenerwa ibiryo, akanategura inyubako yujuje ibisabwa.

Amashuri yo mu Mujyi wa Kigali azafungwa by’agateganyo mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare .
EDUCATION

Amashuri yo mu Mujyi wa Kigali azafungwa by’agateganyo mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare .

Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali yatangaje ko amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali azafungwa by’agateganyo kuva ku ya 21–28 Nzeri 2025 kubera Shampiyona y’Isi y’Amagare. Amasomo azasubukurwa ku ya 29 Nzeri 2025, amashuri ategure gusubiza amasomo atazigishijwe kandi hifashishwe ikoranabuhanga. Ababyeyi n’abarezi barashishikarizwa gufasha abanyeshuri gufata iri rushanwa nk’isomo ry’inyongera n’uburyo bwo kwigira hanze y’ishuri.

Umwana wishyimye mu muryango utekanye, intego za Hello kids ihumure club
EDUCATION

Umwana wishyimye mu muryango utekanye, intego za Hello kids ihumure club

Abana 104 bibumbiye muri Hello Kids Ihumure Club bo mu Murenge wa Gatenga bizihije umunsi wo gusezera ibiruhuko binyuze mu biganiro, imikino n’imbyino. Iyi club yashinzwe na Gahongayire Eugénie ifasha abana, cyane cyane abahuye n’ibibazo bitandukanye, gusabana, kwigishwa indangagaciro no kongera kwisanga mu miryango yabo. Ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abafatanyabikorwa nka CNF, Abubatsi b’Amahoro na SOS Seruka, iyi club imaze kuba icyizere ku bana barenga 100, ikabafasha gukomeza ishuri no kugira ejo hazaza heza.

Ese waruziko kuruhuka ari ingenzi? Kuruhuka neza ni inkingi y’ubuzima buzira umuze
EDUCATION

Ese waruziko kuruhuka ari ingenzi? Kuruhuka neza ni inkingi y’ubuzima buzira umuze

Kuruhuka ni ingenzi ku buzima bwo mu mutwe n’ubw’umubiri, si ubunebwe. Bituma ubwonko bwisubiraho, umuntu agatekereza neza, akagira ituze n’imbaraga zo guhangana n’ubuzima. Kutaruhuka bigira ingaruka mbi zirimo umunaniro, ihungabana no gucika intege. Gufata igihe cyo gusinzira neza, gutuza no kwiyitaho ni inkingi y’imibereho myiza n’iterambere rirambye.

Minisitiri w’Uburezi yamaze impungege ababeshywe ko Leta izongera amafaranga y’ishuri
EDUCATION

Minisitiri w’Uburezi yamaze impungege ababeshywe ko Leta izongera amafaranga y’ishuri

Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yashyizeho iherezo ku makuru avuga ko Leta izongera amafaranga y’ishuri cyangwa ifunguro ry’abana, avuga ko ari ibihuha. Leta isanzwe yishyurira abana FRW 8,775 ku gihembwe ku ifunguro, mu gihe ababyeyi basabwa gutanga FRW 975 ku gihembwe, ariko bagakora uruhare rwabo mu buryo bwuzuye.

Amafaranga ni imibare gusa, ntarangira ntukagire uwo uhemukira kubera amafaranga
EDUCATION

Amafaranga ni imibare gusa, ntarangira ntukagire uwo uhemukira kubera amafaranga

Nubwo amafaranga ari ingenzi mu buzima, si yo soko y’umunezero n’agaciro k’umuntu. Kuyashyira imbere y’indangagaciro bituma abantu bagwa mu bikorwa bibi no gutakaza icyizere. Ikirenze amafaranga ni ubupfura, urukundo n’ubunyangamugayo. Amafaranga ashobora kubura, ariko umuntu uzi kubaha abandi no gukora mu kuri agumana agaciro n’amahoro arambye.

Ishusho y’uburezi mu isi y’ikoranabuhanga
EDUCATION

Ishusho y’uburezi mu isi y’ikoranabuhanga

Uburezi burahinduka bukajyana n’igihe, bushingiye ku ikoranabuhanga, guhanga udushya n’ubumenyi ngiro. AI, telefone na mudasobwa byorohereza abarimu no gufasha abanyeshuri kwiga neza. Ejo hazaza h’uburezi hazibanda ku gukora, guhanga no kumenya ikoranabuhanga, aho gufata mu mutwe gusa, kugira ngo abanyeshuri bitegure guhangana n’isi ya none.

Uburezi bw’umukobwa, inzira y’iterambere rirambye
EDUCATION

Uburezi bw’umukobwa, inzira y’iterambere rirambye

Guteza inkunga uburezi bw’umukobwa bifasha we ubwe, umuryango we n’igihugu muri rusange. Umukobwa wize abasha kwirinda ibibazo by’ubukene n’ihohoterwa, akagira ubumenyi, icyizere n’ubushobozi bwo kuyobora no gutanga umusanzu mu iterambere. Uburezi bw’abakobwa bugabanya ubusumbane, buzamura imibereho y’imiryango kandi bukagira uruhare rukomeye mu iterambere rirambye ry’igihugu.

Uburezi kuri bose n’inkingi y’uburinganire, ubumwe n’iterambere ry’abana bose muri iyi si itandukanye kandi ihujwe n’ikoranabuhanga, uburezi kuri bose bugaragara nk’imbarutso ikomeye mu gukemura ibibazo by’uburezi bugezweho. Ntabwo ari amagambo gusa, ahub
EDUCATION

Uburezi kuri bose n’inkingi y’uburinganire, ubumwe n’iterambere ry’abana bose muri iyi si itandukanye kandi ihujwe n’ikoranabuhanga, uburezi kuri bose bugaragara nk’imbarutso ikomeye mu gukemura ibibazo by’uburezi bugezweho. Ntabwo ari amagambo gusa, ahub

Uburezi kuri bose ni uburyo bwo kwigisha bwubaha itandukaniro ry’abanyeshuri, bukabaha amahirwe angana yo kwiga no kwiteza imbere nta vangura. Bugabanya ivangura, bugateza uburinganire kandi bukazamura ireme ry’uburezi binyuze mu kwigisha kwihariye kandi guhuza abanyeshuri. Ubu burezi bwigisha kubahana, gukorana no kwakira itandukaniro, bikaba umusingi w’ejo hazaza heza kuri buri mwana no ku muryango mugari.

Abanyeshuri bajya kwiga muri Canada barasabwa amikoro ahagije guhera Nzeri 2025
EDUCATION

Abanyeshuri bajya kwiga muri Canada barasabwa amikoro ahagije guhera Nzeri 2025

Guhera ku ya 1 Nzeri 2025, Canada yazamuye amafaranga abanyeshuri mpuzamahanga bagomba kugaragaza kugira ngo bemererwe visa yo kwiga, ava kuri CAD $20,635 agera kuri CAD $22,895, atabariwemo amafaranga y’ishuri n’izindi ngendo. Abajyana n’imiryango bagomba kugaragaza amafaranga menshi kurushaho bitewe n’umubare w’abo bajyanye. Izi ngamba zigamije gufasha abanyeshuri gutura neza no kwirinda ubukene bitewe n’izamuka ry’ibiciro by’ubuzima. Abanyeshuri barasabwa gutegura hakiri kare ibimenyetso bifatika by’amafaranga, kuko dosiye itujuje ibisabwa izajya yangwa vuba.

Gushishikariza umwana gusoma ibitabo akiri muto ni inkingi y’ubwenge n’imikurire myiza
EDUCATION

Gushishikariza umwana gusoma ibitabo akiri muto ni inkingi y’ubwenge n’imikurire myiza

Gusomera umwana akiri muto bifasha ubwonko bwe gukura neza, kumenya amagambo menshi, kuvuga no gutekereza neza. Gusoma byongera ubushobozi bwo kwibanda, kwihangana no gukemura ibibazo, bikamufasha no mu masomo yose. Bituma kandi habaho umubano mwiza hagati y’umwana n’ababyeyi, bikamwigisha indangagaciro, impuhwe n’imibanire myiza. Guhitamo ibitabo bijyanye n’imyaka y’umwana no gusoma buri munsi ni ishingiro ry’intsinzi ye mu buzima.

Ibintu abantu duhugiyemo bitwica gake gake tutabizi
EDUCATION

Ibintu abantu duhugiyemo bitwica gake gake tutabizi

Hari imyitwarire abantu bafata nk’isanzwe ishobora kwangiza ubuzima bucece, nko kudasinzira bihagije, kurya fast food, kudakora imyitozo ngororamubiri no gukoresha ikoranabuhanga birenze urugero. Ibi bishobora gutera indwara z’umutima, diyabete, umunaniro, stress n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe. No kwirengagiza kunywa amazi ahagije, kwisuzumisha no kwirinda ibisindisha bigira ingaruka zikomeye. Guhindura uko tubaho no kwita ku buzima bwa buri munsi ni ingenzi mu kubaka ubuzima burambye.

Ibihugu 6 byemerera abanyeshuri mpuzamahanga kuzana n’imiryango yabo
EDUCATION

Ibihugu 6 byemerera abanyeshuri mpuzamahanga kuzana n’imiryango yabo

Nubwo kwiga mu mahanga bikunze gusaba gutandukana n’umuryango, hari ibihugu byorohereza abanyeshuri mpuzamahanga kuzana imiryango yabo. Australia, Canada, Germany, New Zealand, Finland n’Ubwongereza byemerera abanyeshuri kuzanana n’abafasha n’abana, bakabaha uburenganzira bwo kuba no gukora, ndetse abana bakabona uburezi. Izi politiki zituma umunyeshuri abasha kwiga neza atari wenyine, ari kumwe n’umuryango we.

Page 1
Next