Religion

20 articles found

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 3
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 3

Iyi episode igaruka ku madini n’imyemerere itandukanye ikomeje kugira uruhare mu mibereho y’abantu ku isi. Yerekana inkomoko y’aya madini, abayoboke bayo n’inyigisho yayo, agaragaza uburyo buri dini ryibanda ku mahame yo kubaho neza, kubahana no gushaka amahoro. Nubwo amadini atandukanye mu myemerere n’imigenzo, yose agamije gufasha umuntu gusobanukirwa ubuzima no kubana neza n’abandi.

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 2
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi Episode 2

Iyi episode igaruka ku yandi madini atandukanye akomoka cyane muri Aziya n’ahandi ku isi, igasobanura inkomoko yayo n’inyigisho zayo. Yerekana uko ayo madini ashingiye ku mahame yo kubaho mu mahoro, kubahana no kubungabunga umuco, nubwo atandukanye mu myemerere.

HE Paul Kagame ashimangira ubumwe n’iterambere mu ba Islam
RELIGION

HE Paul Kagame ashimangira ubumwe n’iterambere mu ba Islam

HE Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rushyize imbere ubumwe n’uburinganire mu madini yose, ashimangira ko nta Munyarwanda uhezwa. Yibukije abayisilamu ko bagomba kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu no gukorera hamwe n’abandi. Yanavuze ko amategeko agenga amadini agamije kurinda abaturage no guteza imbere imiyoborere myiza. Iyi nama yagaragaje ko u Rwanda rukomeje kubaka igihugu gishingiye ku bufatanye n’ubwuzuzanye bw’abaturage bose.

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere y’abatuye isi

Iyi episode igaruka ku madini n’imyemerere itandukanye ikomeje kugira uruhare mu mibereho y’abantu ku isi. Yerekana inkomoko y’aya madini, abayoboke bayo n’inyigisho yayo, agaragaza uburyo buri dini ryibanda ku mahame yo kubaho neza, kubahana no gushaka amahoro. Nubwo amadini atandukanye mu myemerere n’imigenzo, yose agamije gufasha umuntu gusobanukirwa ubuzima no kubana neza n’abandi.

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere yabatuye isi
RELIGION

Amadini y’isi urugendo rwo gusobanukirwa imyemerere yabatuye isi

Iyi nkuru igaruka ku madini n’imyemerere bitandukanye biri ku isi, igasobanura inkomoko yabyo, aho bikunze kuboneka n’inyigisho byubakiyeho. Igaragaza uko aya madini agira uruhare mu mibereho y’abantu n’uko, nubwo atandukanye, ahurira ku gushaka ibisobanuro by’ubuzima n’intego yabwo.

Kwizera gushobora gukora ibikomeye isomo ry’akabuto ka Sinapi
RELIGION

Kwizera gushobora gukora ibikomeye isomo ry’akabuto ka Sinapi

Akabuto ka sinapi ni gato cyane ariko gakavamo igiti kinini kirenga metero 3. Yesu yakoreshaga uru rugero (Matayo 17:20) asobanura ko kwizera kungana n’ako kabuto gashobora gukora ibikomeye iyo gushingiye ku Mana. Yigishaga ko nubwo kwizera kwaba guto, gufite imbaraga zikomeye. Uko kabuto kabyara igiti kinini ni ishusho y’ukwizera kuzana ubugingo n’intsinzi.

Inkuru nziza ya Pasika uko abakirisitu mu Rwanda bizihiza izuka n'agakiza
RELIGION

Inkuru nziza ya Pasika uko abakirisitu mu Rwanda bizihiza izuka n'agakiza

Pasika mu Rwanda ni igihe gikomeye ku bakirisitu, cyibutsa urupfu n’izuka rya Yesu Kristu. Ni umwanya wo gusenga, gutekereza ku buzima, no kongera kwizera ubutumwa bw’inkuru nziza bushingiye ku gakiza kabonerwa muri Kristu, intsinzi ku cyaha n’urupfu, ndetse n’ubuzima bushya.

 Bari bateraniye hamwe ku munsi wa Pentekote
RELIGION

Bari bateraniye hamwe ku munsi wa Pentekote

Ku cyumweru tariki ya 8 Kamena 2025, Abakirisitu ku isi yose bizihije umunsi mukuru wa Pentecost, wizihiza isukwa ry’Umwuka Wera ku bigishwa ba Yesu nk’uko bivugwa mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa. Uyu munsi wibutsa isohora ry’isezerano Yesu yatanze ryo guha abamwizera Umwuka Wera ubayobora, ubaha imbaraga n’ubushobozi bwo guhamya ubutumwa bwe. Pentecost ni umunsi w’ingenzi mu bukirisitu, uhuza amateka ya Bibiliya, ukwemera n’ikorwa ry’Umwuka Wera mu buzima bw’abizera kugeza n’ubu.

Akabuto ka Sinapi imbaraga z’Ukwizera
RELIGION

Akabuto ka Sinapi imbaraga z’Ukwizera

Yesu yakoresheje urugero rw’akabuto ka sinapi yerekana ko kwizera guto, gushingiye ku Mana, gushobora gukora ibikomeye.

Isomo ry’ibyanditswe ryo ku itariki ya 12 Nyakanga: Guhagarara ku kuri no guhamya ijambo ry’Imana
RELIGION

Isomo ry’ibyanditswe ryo ku itariki ya 12 Nyakanga: Guhagarara ku kuri no guhamya ijambo ry’Imana

Iyi nyigisho yibutsa ko buri munsi ufite isomo ryo guhagarara ku kuri kw’Imana. Urugero rwa Daniyeli wahagaze ku isengesho nubwo yatewe ubwoba, n’urwa Pawulo wakomeje ubutumwa nubwo yababazwaga, byigisha kudacogora. Yesu ati ukuri kubabatura. Uyu munsi udutera gusoma Ibyanditswe, gusenga, no guharanira ukuri mu buzima, mu muryango no mu gihugu no ku isi yose, twiyemeze ubutwari, ukwizera no gukiranuka igihe.

Umuyobozi wa RGB yaburiye amatorero adakurikiza amategeko akihisha ku mbuga nkoranyambaga
RELIGION

Umuyobozi wa RGB yaburiye amatorero adakurikiza amategeko akihisha ku mbuga nkoranyambaga

Umuyobozi wa RGB, Doris Uwicyeza Picard, yaburiye amatorero n’imiryango y’imyemerere ikorera kuri internet idafite ibyangombwa byemewe. Yibukije ko amategeko asaba kwiyandikisha no kubahiriza ibisabwa byose, ashimangira ko kubahiriza amategeko ari ugukorera mu mucyo, bitari uguhutaza imyemerere, anaburira ko abatabyubahiriza bazahanwa.

Vatican yinjiye mu muziki no mu ikoranabuhanga: Iserukiramuco rya mbere ry’indirimbo ryahuje abahanga n’abahanzi
RELIGION

Vatican yinjiye mu muziki no mu ikoranabuhanga: Iserukiramuco rya mbere ry’indirimbo ryahuje abahanga n’abahanzi

Ku nshuro ya mbere, Vatican yakiriye igitaramo Grace For The World muri St. Peter’s Square, kiyobowe na Pharrell Williams na Andrea Bocelli. Cyakurikiye inama yaganiriye ku bumuntu n’ubwenge buhangano. Papa Leo yasabye gushyira imbere abakene n’impunzi, ashimangira ko umuco n’ikoranabuhanga byakoreshwa guteza amahoro n’ubutabera ku isi.

Page 1
Next