Entertainment

20 articles found

Christopher na Chris Eazy bagejeje ikirego muri RIB
ENTERTAINMENT

Christopher na Chris Eazy bagejeje ikirego muri RIB

Abahanzi Christopher na Chriss Eazy batanze ikirego muri RIB nyuma yo kwibwa ibikoresho byabo birimo mudasobwa ebyiri na telefoni ubwo bari barimo kurangiza amashusho y’indirimbo “Sekoma”.

CarCarbaba niyo yatanze imodoka muri Kigali Peace Marathon kunshuro ya 19.
ENTERTAINMENT

CarCarbaba niyo yatanze imodoka muri Kigali Peace Marathon kunshuro ya 19.

Imodoka ya kompanyi Carcarbaba, icuruza imodoka nshya kandi zigezweho, yakoze amateka yo kuyobora isiganwa rya Kigali International Peace Marathon ku nshuro ya gatatu, iba iya mbere ibikoze mu Rwanda. Ibi byabaye ku 9 Kamena mu isiganwa rya 19 ry’iyi marathon ngarukamwaka ryabereye i Kigali. Iyo modoka, ya Forthing Friday, ikoresha amashanyarazi 100% kandi ishobora kugenda ibilometero 410 yuzuye, yashimishije benshi kubera isura yayo n’ikoranabuhanga riyirimo, ikaba yaragize uruhare mu kuyobora abakinnyi no kugaragaza amakuru y’isiganwa.

Umukobwa ufite ikibuno kinini kw'Isi
ENTERTAINMENT

Umukobwa ufite ikibuno kinini kw'Isi

Gracie Bon, umunyamideli wo muri Panama wavutse 1994, azwi ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere ye idasanzwe n’icyizere yigirira, cyane cyane mu mafoto yambaye bikini.

Igisupusupu na Agnès bashimagiza Kagame mu ndirimbo nshya
ENTERTAINMENT

Igisupusupu na Agnès bashimagiza Kagame mu ndirimbo nshya

Igisupusupu na Agnès bakoze indirimbo “Ikipe Itsinda” ishyigikira Perezida Kagame mu matora ya 2024, igaragaza ibikorwa bye n’uruhare rwe mu iterambere ry’u Rwanda.

Umuhanzi ukomeye mu birori byo guha ikipe ya APR FC igikombe
ENTERTAINMENT

Umuhanzi ukomeye mu birori byo guha ikipe ya APR FC igikombe

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Jose Chameleon ategerejwe kuririmba mu birori byo guha APR FC igikombe cya shampiyona biteganyijwe ku wa 28 Gicurasi 2025. Ibi bibaye nyuma y’igitaramo aherutse gukorera i Kigali muri BK Arena, aho yasusurukije Abanyarwanda.

Gisagara Urugero rw’Ibishoboka
ENTERTAINMENT

Gisagara Urugero rw’Ibishoboka

Ku wa 29 Kamena 2025, habaye iserukiramuco “Gisagara Urugero rw’Ibishoboka” ryahurije urubyiruko n’abaturage mu guteza imbere impano no kwigirira icyizere. Isiganwa ry’amagare n’ibirori by’umuco byatanzweho ibihembo byashimiye umuhate w’abitabiriye.

Bill Gates yavuye ku rutonde rw’Abaherwe 10 ba mbere kw’isi
ENTERTAINMENT

Bill Gates yavuye ku rutonde rw’Abaherwe 10 ba mbere kw’isi

Bill Gates yavuye mu baherwe 10 ba mbere ku isi nyuma yo gutakaza 30% by’umutungo we bitewe n’impano nyinshi, asimburwa na Steve Ballmer, mu gihe ateganya gutanga hafi umutungo we wose mu bikorwa by’ubugiraneza.

Urukundo rw’Abastar: Impamvu rurangira vuba ndetse n’amasomo twakuramo
ENTERTAINMENT

Urukundo rw’Abastar: Impamvu rurangira vuba ndetse n’amasomo twakuramo

Ingo z’ibyamamare zikunda gusenyuka vuba kubera impamvu zitandukanye. Ibibazo by’urugo rwabo bikunze kugaragazwa mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, bigatuma ibibazo bito byiyongera bikaba ibikomeye. Ubuzima bw’akazi bwabo busaba guhura n’abantu benshi, gukora amasaha menshi, no kugenda ahantu hatandukanye, bigatera icyuho mu mubano n’amarangamutima. Ubukire n’igikundiro bishobora gutuma rimwe na rimwe batita ku kubaka urugo rufite imizi cyangwa bagashiduka ku mubano. Kubura umwanya wo kwita ku rukundo no guhuza intego bituma urukundo rusenyuka buhoro buhoro. Ariko n’ubwo hari izi mbogamizi, urukundo rw’abastar rushobora kuramba igihe bombi bihaye intego yo kurwubaka, bagakora ibiganiro byimbitse, bakababarirana, bakubahana kandi bagahora bahisemo gukundana. Urukundo ni icyemezo gihoraho kandi gikeneye umuhate, ku bantu b’ibyamamare cyangwa abasanzwe.

Page 1
Next