Bugesera abagera kuri 60 bishyuriwe Mituweli n’abize Ubuyobozi no guhindurira Abantu kuba Abigishwa ba Kristo
Mu muganda wabereye mu murenge wa Ruhuha, abaturage ku bufatanye na Youth for Christ Rwanda n’Itorero Anglican, abantu 60 bishyuriwe Mituweli. Iki gikorwa kiri mu rugendo rw’ivugabutumwa rw’iminsi itatu rwibanze ku isuku, imihanda migenderano, n’ubukangurambaga bwo kwishyura ubwisungane mu kwivuza, hagamijwe guteza imbere imibereho myiza n’iyobokamana.