Ibikubiye muri raporo y’ibisubizo ku byaha ishinjwa mu mujyi wa Goma na Bukavu.
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje raporo ku birego byo guhonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu mijyi ya Goma na Bukavu. Raporo igaragaza ko mbere yo kubohorwa n’AFC/M23, abaturage babaga mu kaga no gutotezwa, ariko nyuma yo kubohorwa bagaragaje ibyishimo, kandi abayobozi b’utwo duce bafatanyije na AFC/M23 mu miyoborere.